Wowe usomana Ese hari ingaruka mbi ziba iyo wariye Lipstick iyo urigusomana n’umukunzi wawe ? Dore icyo inzobere zibivugaho

Wowe usomana Ese hari ingaruka mbi ziba iyo wariye Lipstick iyo urigusomana n’umukunzi wawe ? Dore icyo inzobere zibivugaho
Abantu benshi ndacyeka bazi ikitwa Lipstick ariko kuri mwe mwese mutazi ikitwa Lipstick ni ibirungo cyangwa amavuta atukura asigwa ku minwa bikaba bikorwa n’abakobwa.
Ni Kenshi abantu benshi bibaza niba izo lipstick zishobora kugira ingaruka mbi ku waziriye ariko ntibasibizwe, kuri ubu muri iyi nyandiko byose wibaza birimo.
Hari abandi bantu bibaza ngo ese mu gihe uri umukobwa ukaba wisize lipstick, mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe ni ngombwa ko uzikuraho!??
Igisubizo ni biterwa n’umukunzi wawe uko ameze, abasore benshi ntibatinya gusomana n’umukobwa ufite lipstick ndetse ngo ntacyo bibatwara.
Icyakora mu gihe cyose umukunzi wawe avuga ko adakunda izo lipstick ukwiye kumanza kuzikuraho mbere yo gusomana kuko ubwo birashoboka ko zishobora kuba we zimubangamira, bityo ni ngombwa ko uzikuraho kugira ngo murusheho kuryoherwa nigikorwa mugiyemo.