Umwarimu wari waraguwe gitumo ari gusambanya umwana ari mubyishimo bidasanzwe

Jan 24, 2024 - 20:05
 0  1156
Umwarimu wari waraguwe gitumo ari gusambanya umwana ari mubyishimo bidasanzwe

Umwarimu wari waraguwe gitumo ari gusambanya umwana ari mubyishimo bidasanzwe

Jan 24, 2024 - 20:05

Mwalimu John Semfuma wari ukurikiranyweho gusambanya umwana yitwaje kumusobanurira imibare, yafunguwe.

Mu minsi ishize, abantu benshi bumvishe inkuru y’umwalimu witwa Kato John Semfuma ukomoka mu gihugu cya Uganda waguwe gitumo agiye gusambanya umwana yigishaga imibare.

Byagenze gute? John Semfuma yahanye gahunda n’umwana yigishaga ku kigo cy’amashuri cya Mityana kujya iwabo kumwigisha imibare yari yarananiwe kumva.

Uyu mwalimu yasaga nk’aho ashaka kwereka ababyeyi be ko afite ubushake bwo kwigisha umwana wabo ariko ku rundi ruhande afite gahunda yo gusambanya uyu mwana n’ubwo iwabo baje kubimenya mbere y’uko biba.

Mu gihe uyu mwalimu yandikiranaga n’uyu mwana, ababyeyi b’umwana baje kubona ubutumwa bandikirana baka telephone umwana bakajya bavugana n’uwo mwalimu bapanga gahunda uko izagenda ariko ari ababyeyi bari kuvugana n’umwalimu John.

Umunsi ugeze, Mwalimu yagiye kwigisha uwo mwana ariko afite gahunda yo kuza gusambanya umwana Dore ko bari bapanze ko ababyeyi b’umwana bataza kuba bahari n’ubwo aribo bamubwiye uwo mutwe.

Ababyeyi babanje kugenda hanyuma umwalimu azana udukingirizo mu gihe agiye gusambanya uwo mwana ababyeyi bamugwa gitumo bamujyana kuri Polisi yo muri Uganda kugira ngo akurikiranwe.

Nyuma y’igihe gito, uyu mugabo yahise afungurwa.

Byiringiro Innocent I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 327 06