Umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo ihere ijisho uburanga bw'umukunzi we[AMAFOTO]
![Umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo ihere ijisho uburanga bw'umukunzi we[AMAFOTO]](https://www.bigezwehotv.rw/uploads/images/202405/image_870x_6652c24534761.jpg)
Umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo ihere ijisho uburanga bw'umukunzi we[AMAFOTO]
Umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye cyane nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo.
Uyu musore w’umunyarwenya wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyamba no mu bitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda yafungiwe muri gereza y’urukundo n’umukobwa w’ikizungerezi witwa Ellah.
Bitewe n’uburyo umunyarwenya Nyaxo akunda uyu mukobwa bigaragara ko iyi gereza y’urukundo atazigera abasha kuyitoroka .