Ubusabe bw'igihugu cy'igihangange ku Isi cyasabye Ukraine kugabanya imyaka yabantu basabwa ngo binjire mu gisirikare bwateye benshi kwibaza byinshi

Nov 28, 2024 - 11:16
 0  264
Ubusabe bw'igihugu cy'igihangange ku Isi cyasabye Ukraine kugabanya imyaka yabantu basabwa ngo binjire mu gisirikare bwateye benshi kwibaza byinshi

Ubusabe bw'igihugu cy'igihangange ku Isi cyasabye Ukraine kugabanya imyaka yabantu basabwa ngo binjire mu gisirikare bwateye benshi kwibaza byinshi

Nov 28, 2024 - 11:16

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye Ukraine kugabanya imyaka isabwa ngo umuntu yemererwe kwinjira mu gisirikare, ive kuri 25 ibe 18.

Ni mu gihe Amerika iri kwitegura koherereza Ukraine indi nkunga y’intwaro za miliyoni $725.

Impamvu ni uko ubutegetsi bwa Joe Biden bwifuza ko Ukraine igira abasirikare benshi ku rugamba, kandi bikaba bitashoboka mu gihe hatagabanyijwe ibituma benshi babura amahirwe yo kwinjira mu gisirikare.

Ubutegetsi bwa Biden uri gusoza manda ye muri Amerika, bumaze iminsi bushyira imbaraga mu gufasha Ukraine haba mu ntwaro n’ibindi, kugira ngo intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya ikomeze.

Mu myaka itatu intambara imaze, Ukraine imaze gutakaza hafi 20% by’ubutaka yahoranye.

Donald Trump watsindiye kuyobora Amerika, yatangaje ko najya ku butegetsi icyo azashyira imbere ari uguhagarika iyo ntambara.

Imyaka yo kwinjira mu gisirikare muri Ukraine ishobora kugabanywa
I. Ferdinand I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 783 631 268