Nyuma yo gutera akabariro kubera iki umuhungu yanga kongera kuvugisha umukobwa, Dore ukuri kuri inyuma yabyo utaruzi

Dec 2, 2023 - 14:55
 1  5663
Nyuma yo gutera akabariro kubera iki umuhungu yanga kongera kuvugisha umukobwa, Dore ukuri kuri inyuma yabyo utaruzi

Nyuma yo gutera akabariro kubera iki umuhungu yanga kongera kuvugisha umukobwa, Dore ukuri kuri inyuma yabyo utaruzi

Dec 2, 2023 - 14:55

Abakobwa benshi bakunda kwibaza impamvu ituma bashobora kuryamana n’umugabo cyangwa n’umusore ariko nyuma yo kuryama uwo musore ntiyongere kubavugisha, muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ndetse tubazanira ukuri ku mpamvu ishobora gutuma Umusore ahagarika kukuvugish nyuma yo gutera akabariro.

Abakobwa benshi bakunda kwibaza impamvu ituma bashobora kuryamana n’umugabo cyangwa n’umusore ariko nyuma yo kuryama uwo musore ntiyongere kubavugisha, muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ndetse tubazanira ukuri ku mpamvu ishobora gutuma Umusore ahagarika kukuvugisha nyuma yo gutera akabariro.

None se ibaze nawe, uhuye n’umusore mu nzira, mu kabari, mu kirori cyangwa ahandi hantu, Umusore asa neza akubwiye amagambo meza urayakunze, akubwiye ibintu byose byiza urabikunze, urangije mu kanya Gato mumenyanye uhise wemera kuryamana nawe kuko wumva umeze neza uri kumwe mbese ngo nuko wamwishimiye gusa!! Aho ndavuga abakobwa.

Ibaze rero bizagenda gute nahagarika kongera kukuvugish nyuma Yuko muryamanye!? Uzatangira wumve utameze neza muri wowe, wumve umeze nkaho yakwanze ndetse utangire kumva usa nkaho wakoreshejwe.

Erega sibyo gusa kuko uzatangira kwibaza ikibi wamukoreye neza neza ukibure kuko wowe uba uziko wakoze uko ushoboye ngo umushimishe, icyo gihe ni bwo uzatangira gukomeza kwibaza impamvu Ari kwanga kongera kukuvugish nyuma Yuko muryamanye.

Mu kuri uba watakaje umwanya wawe wibusa, none se!! Mwahuye akuganiza neza cyane uramukunda nyuma yo kurangiza kuryamana ntashaka kongera kukuvugisha! Emers ukuri burya uwo wacyetse ko ariwe siwe Ari aho ndavuga wa musore mwahuye!!!

H. Rene Maurice I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 783348461