MURI KAMINUZA Y'URWANDA ISHAMI RYA HUYE HAGIYE KUBERA IGITARAMO MBATURA MUGABO.

Dec 1, 2023 - 19:55
 0  96
MURI KAMINUZA Y'URWANDA ISHAMI RYA HUYE HAGIYE KUBERA IGITARAMO MBATURA MUGABO.
Abahanzi barimo Tom Close, Nel Ngabo Na bushari bagite gukorera igitaramo muri Kamuza y'u Rwanda ishami rya Huye

MURI KAMINUZA Y'URWANDA ISHAMI RYA HUYE HAGIYE KUBERA IGITARAMO MBATURA MUGABO.

Dec 1, 2023 - 19:55

Kuri uyu wa 01 Ugushyingo 2023, abahanzi bakomeye mu Rwanda bayobowe na Dr. Muyumbo Thomas uzwi nka Tom Close bagiye kumurikira Album zabo muri kaminuza y'u Rwanda ishami rya Huye. Ni igitaramo cyahawe insanganyamatsiko igira iti" Rubyiruko twirinde virus itera SIDA"

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 01 Ukuboza 2023, Muri kaminuza y'u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera igitaramo, kirimo abahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda, bayobowe na Tom Close, Ni muri ya gahunda ya "Isango na muzika award.

Ni mu rwego rwo kwidagadura ariko hanatangwa ubutumwa bugenewe urubyiruko ko bakwiye kwirinda Virus itera SIDA. Abo bahanzi ni  Tom Close, Nel Ngabo na Bushali. Ni igitaramo cyahawe insanganyamatsiko igira iti" Rubyiruko twirinde virusi itera SIDA". Muri iki gitaramo hari buze no kumurikirwamo album zaba bahanzi.

Ibi biraba mu gihe muri iyi Kaminuza hari inkuru y'umukobwa wabyaye umwana akamuta mu ndobo bajugunyamo imyanda.

Iki gitaramo kiratangirwamo inama zigirwa urubyiruko rwiga muri iyi kaminuza kwirinda ubusambanyi.

T. David I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 784 525 501