Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Rulindo igahitana abantu 20

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Rulindo igahitana abantu 20
Guverinoma kandi yijeje ubufasha bukenewe ku miryango yabuze ababo ndetse no ku bakomerekeye muri iyi mpanuka.