ITANGAZO RIGENEWE BURI MUNYARWANDA WESE CYANE CYANE ABAKUNZI B'UMUPIRA W'AMAGURU

ITANGAZO RIGENEWE BURI MUNYARWANDA WESE CYANE CYANE ABAKUNZI B'UMUPIRA W'AMAGURU
Minisiteri ya Siporo ifatanyije n'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), bishimiye kumenyesha Abanyarwanda bose, cyane cyane abakunzi b'umupira w'amaguru n'abakunzi ba siporo muri rusange ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro, ku wa mbere taliki ya 1 Nyakanga 2024.