Imyidagaduro: “Ntiza Permit nigire i Musanze”! Police FC yaciye iz’ubusamo Ferwafa iyiharurira inzira

Jun 26, 2024 - 06:56
 0  194
Imyidagaduro: “Ntiza Permit nigire i Musanze”! Police FC yaciye iz’ubusamo Ferwafa iyiharurira inzira

Imyidagaduro: “Ntiza Permit nigire i Musanze”! Police FC yaciye iz’ubusamo Ferwafa iyiharurira inzira

Jun 26, 2024 - 06:56

Ubwo inkuru y’uko Police FC yumvikanye n’ikipe ya APAER WFC ngo izemere kuba ikipe yayo y’abagore mu mwaka wa shampiyona wa 2024-2025 uza yajyaga hanze, nge nk’abandi bakunzi b’umupira w’amaguru bose twagannye imbuga nkoranyambaga twibaza niba ibyo bibaye ari byo. Aha ni ho naje gukura ubutumwa bw’umwe mu bakunzi ba ruhago.

Ubwo butumwa bwatanzwe n’uwitwa Chill Out bwagiraga buti “Ntiza permit yawe nitwarire abantu i Musanze , police be like”. Ibi byanteye nange kwibaza niba ibyo Police FC yari ikoze bidahuye no kuba umuntu yatira undi uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga maze akaza kurumugarurira nyuma y’igihe gito, ikintu mu by’ukuri kitagaragaza indangagaciro z’uru Rwego rushinzwe umutekano.

I. Ferdinand I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 783 631 268