Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yari itwaye abagenzi yakoze impanuka abantu ba 5 bahasiga ubuzima

Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yari itwaye abagenzi yakoze impanuka abantu ba 5 bahasiga ubuzima
Imodoka ya Coaster yari itwaye abagenzi 15, yakoze impanuka, batanu bahasiga ubuzima, abandi barakomereka bajyanwa mu bitaro bya Gisenyi.
Ni amakuru Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakiriba, Tuyishime Jean Bosco yatangarije itangaza makuru, avuga ko iyo modoka yakoze impanuka igeze ahitwa ku Nyundo ubwo yavaga i Kigali yerekeza i Rubavu.