Ese waruzi amagambo wabwira uwo mwashakanye murangije gutera akabariro bityo akazagukunda ubuziraherezo.?

Ese waruzi amagambo wabwira uwo mwashakanye murangije gutera akabariro bityo akazagukunda ubuziraherezo.?
Abakundana babana nk’umugabo n’umugore baba batuye mu ijuru rito.Nyuma yo gutera akabariro rero hari amagambo muba mu gomba kubwirana.
Amagambo niyo avamo indirimbo ziryoheye amatwi zikanogera abashaka kuzumva no kuzitura abo bihebeye.Niba ufite umukunzi ukaba umukunda, uzafatanya amagambo uruhuri we nayumva azumva ameze nk’indirimbo nziza maze ajye ahora agusaba kuyasubiramo.
Muri make rero, amagambo ni intwaro ikomeye ituma urukundo rwa babiri ruryoha, ninayo mpamvu kuyakoresha nyuma y’akabariro nk’uko tugiye kubigarukaho ari byiza cyane.
Niba utarajyaga ubona amagambo ukoresha ubwira uwo mwashakanye nyuma yo gutera akabariro, iyi nkuru ni wowe ireba cyane cyane.Niba warabikoraga kandi uyu niwo mwanya ngo ubinoze.
1. Wooow ! Mbega ukuntu byari byiza we.
2. Urakoze utumye niyumva nk’udasanzwe.
3. Ndumva ntakuvaho.
Umukunzi mwiza , yishimira uko mugenzi we ateye, rero ntuzarambirwe kumubwira iri jambo.
5.Ese nkore iki ngo twongere tubikore?
6.Utuma numva ndiho.
Umugore wawe cyangwa umugabo wawe , mushimire buri kimwe agukorera.
Aya nandi nawe Uzi, ushobora kuyakoresha mu gakomeza kuryoherwa n’ubuzima.