“Erega mama jya ucisha make ikujyamo niyo injyamo” Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 birangira umukobwa we amutwaye umugabo-[Reba videwo hano]

Feb 2, 2024 - 12:50
 1  1325
“Erega mama jya ucisha make ikujyamo niyo injyamo” Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 birangira umukobwa we amutwaye umugabo-[Reba videwo hano]

“Erega mama jya ucisha make ikujyamo niyo injyamo” Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 birangira umukobwa we amutwaye umugabo-[Reba videwo hano]

Feb 2, 2024 - 12:50

Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 none umukobwa we yamutwaye umugabo

Hari umudamu ugisha inama nyuma yuko umukobwa we amutwaye umugabo bari bamaze igihe gito bashakanye .

Uyu mugore avuga ko yashatse umugabo ariko asanzwe afite umukobwa w’imyaka 18, ndetse nawe akamujyana muri urwo rugo kugirango akomeze amurere barikumwe .

Kubera uko umwana yasaga nkukuze kandi ateye mu buryo bukurara abagabo ,  umugabo we yatangiye kujya amubenguka , yaba yagiye ku kazi , umugabo agasigarana na wa mukobwa nyuma aza kujya amugurira imyenda , akamuha amafaranga , ndetse nibindi , ibyo byaje gutuma atangira kujya amusambanya.

Gusa umukobwa nawe yakomeje kujya abyishimira, nyuma amaze kuba nk’umugore w’uwo mugabo, yatangiye kujya asuzugura nyina .   Nyina yamubwira ati kora iki , undi ati “umbwira gukora ibyo nkande ?”.

Ibyo byatumye umugore akomeza kugira amakenga  , ndetse nyuma umwana aza kumwerurira ati “Erega mama jya ucisha make ikujyamo niyo injyamo” .

Umugore yarababaye cyane atongana n’umugabo ndetse ashaka kwirukana umukobwa mu nzu ariko umugabo aratsemba avuga ko umukobwa ntaho azajya , none kuri ubu basigaye banasambana abireba .

Uyu mugore akomeje kugisha inama y’icyo yakora nyuma yuko umukobwa we amutwaye umugabo ndetse akaba asigaye anamubwira ngo nashaka kugenda azazinge utwe agende , kandi ari mu rugo rwe.

Reba videwo

H. Rene Maurice I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 783348461