Diane Rwigara yarahiriye kuzayobora u Rwanda ubu yamaze gutanga Kandidatire ye

Diane Rwigara yarahiriye kuzayobora u Rwanda ubu yamaze gutanga Kandidatire ye
Diane Rwigara n’abamuherekeje bageze kuri Komisiyo y’Amatora atanga kandidatire ye ku mwanya wa Perezida mu matora ateganyijwe tariki 15 Nyakanga, 2024.
Kandidatire ye yarazwe cyane nk’umwe mu Banyarwandakazi rukumbi ushaka kuyobora u Rwanda. Uyu yanageragejwe gutanga kandidatire ye mu matora yabaye muri 2017 ariko ntiyabasha gutambuka.