Byari ibyishimo kubagifite akabaraga rwose , Indaya zatangiye ubuntu zishimira insinzi ya super eagles

Jan 19, 2024 - 21:14
 0  315
Byari ibyishimo kubagifite akabaraga rwose , Indaya zatangiye ubuntu zishimira insinzi ya super eagles

Byari ibyishimo kubagifite akabaraga rwose , Indaya zatangiye ubuntu zishimira insinzi ya super eagles

Jan 19, 2024 - 21:14

Twagabanyije ibiciro dufasha abanyanigeriya bagenzi bacu kwishimira iyinsinzi twari tumaze imyaka 11 dutegereje,ikaba iziye igihe cya nyacyo.

Ikipe y'igihugu cya Nigeria,super eagles yaraye ikoze amateka yo gutsinda ikipe ya ivory coast nyuma y'imyaka 11 itayibonaho insinzi. Ikaba yayitsinze igitego 1-0 cyinjiye ku munota wa 55 kivuye kuri penarite yatewe neza cyane na W. Troost-Ekong maze Nigeria isoza ibonye amanota 3 Aho iherereye mu itsinda rya A muri iki gikombe cy'afurika, ikaba yakinaga umukino wayo wa 2.

Ibi byatumye abakora umwuga wo kwicuruza mu murwa mukuru I logos bafata iyambere mu kugabanya ibiciro mu rwego rwo kwishimira iyinsinzi, Aho hari nuwakeneraga icyo kunywa gusa ubundi nawe agashimisha umubiri w'umuguriye.

Ibi Kandi babihize no kuzabikora ubwo ikipe yabo super eagles izaba ibonye itike yo kuzamuka mu itsinda , doreko amakipe yose uko Ari 4, atatu muri yo aracyafite amahirwe yokuba yakomeza bitewe nuko azitwara mu mukino wanyuma wiritsinda.

Byiringiro Innocent I am responsible for this article, not the BIGEZWEHO TV website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 327 06